umukunzimwiza
umukunzimwiza
Umukunzi Mwiza
4K posts
Don't wanna be here? Send us removal request.
umukunzimwiza · 6 years ago
Text
Wizkid azaririmbana na The Ben mu gitaramo cya East African party 2020
Wizkid azaririmbana na The Ben mu gitaramo cya East African party 2020
Igitaramo ngarukamwaka gikorwa mu Rwanda cyitwa East African party mu gutangira umwaka icya 2020 kizaba mu ntangiriro z’uyu mwaka aho hamaze kumenyekana ab’ingenzi bazakitabira.
Tumblr media
Ku ikubitiro Mugisha Benjamin yamaze kwemezwa bidasubirwaho ko agomba gutaramira abanyarwanda muri iki gitaramo kizaba ku wa 1 Mutarama 2020, aho kizabera muri Kigali Arena ndetse hari n’amakuru ataremezwa neza avuga ko…
View On WordPress
0 notes
umukunzimwiza · 6 years ago
Text
Umubyinnyi w'uburanga yavuze amagambo y'ibanga yabwiwe na Harmonize
Umubyinnyi w’uburanga yavuze amagambo y’ibanga yabwiwe na Harmonize
Umubyinnyi wamamaye muri Tanzanie nka Lynn yavuze ku magambo yabwiwe n’icyamamare mu njyana ya Bongo Flava Harmonize akaba ariyo magambo avuga ko yagize uruhare mu iterambere rya muzika ye.
Uyu mukobwa yavuze ko muhanzi bose yahuye nabo bakaganira Harmonize ariwe wamubwiye amagambo yamugiriye akamaro “Ni wowe kintu kinini kiri imbere”, amagambo Lynn ahamya ko iyo ataza kuyabwirwa na Harmonize…
View On WordPress
0 notes
umukunzimwiza · 6 years ago
Text
Zari yapinganye na Diamond kuri Telefone ya $1500 yaguriye abana be
Zari yapinganye na Diamond kuri Telefone ya $1500 yaguriye abana be
Umuherwekazi Zari wabyaranye na Diamond Platnumz umwana yaguriye telephone ihenze cyane isa neza n’iyo Platnumz aheruka kugurira umugore we bari kumwe ubu banaherukana kubyarana umwana Tanasha Donna.
Tumblr media
iPhone 11 Pro ni telephone ihenze cyane ikorwa n’uruganda rwa apple, iyi ikaba yagaragaje agapingane hagati ya Diamond Platnumz na Zari ubwo yayiguriraga abana be babiri harimo uwitwa Pinto n’ufite…
View On WordPress
0 notes
umukunzimwiza · 6 years ago
Text
Umuhanzi Justin Bierber yinjiye mu mwuga w'ivugabutumwa
Umuhanzi Justin Bierber yinjiye mu mwuga w’ivugabutumwa
Umuhanzi Justin Bierber yasabye abantu miliyoni 122 bamukurikira gusenga bakavugana maze abanyamaerika batangira kuvuga ko uyu muhanzi ibyo yakoze ari ivugabutumwa bityo ari umubwiriza mwiza.
Tumblr media
Justin Bierber wakuriye mu muryango w’abakirisitu yaje kwiyegurira umuziki nyuma yo kwisangamo impano yatumye yigarurira imitima y’abatuye isi, gusa kuri ubu Imana yongeye kumuvugiramo akora ivugabutumwa…
View On WordPress
0 notes
umukunzimwiza · 6 years ago
Text
Abiraburakazi bambitswe amakamba 4 y'aba Miss atangwa muri USA uyu mwaka
Abiraburakazi bambitswe amakamba 4 y’aba Miss atangwa muri USA uyu mwaka
Uyu mwaka wa 2019 wabaye uw’amahirwe gusa cyane ku bakobwa bafite uruhu rwirabura kuko uyu mwaka mwaka amakambwa yose atangwa buri mwaka muri Leta yaba Miss USA, Miss teen USA, Miss Universe na Miss America aribo bayambaye.
Mu minsi ine itambutse abanyafurika muri rusange bagaragaje ibyishimo ubwo umunya Africa y’Epfo Zozibini Tunzi yambikwaga ikamba rya Miss Universe maze ibyishimo biza…
View On WordPress
0 notes
umukunzimwiza · 6 years ago
Text
Umuhanzi yavuze azata ubumanzi bwe ari uko abonye umu Miss wakundanye na Diamond
Umuhanzi yavuze azata ubumanzi bwe ari uko abonye umu Miss wakundanye na Diamond
Umuhanzi witwa Stivo Simple yakomeje kwerekana urukundo afitiye umukobwa wanabaye nyampinga Wema Sepetu avuga ko akiri imanzi ndetse ndetse uyu mukobwa ariwe gusa ushobora guhindura uko ari ubu wenyine.
Uyu muhanzi wiyita Stivo Simple Boyndetse wanamamaye mu ndirimbo yitwa Vijanaavuga ko Wema Sepetu ariwe mukobwa arose kuva kera ndetse ko umunsi umwe azamubona, ntabwo ari ubwa mbere Stivo…
View On WordPress
0 notes
umukunzimwiza · 6 years ago
Text
Wema Sepetu yabwiye amagambo aryoshye mugenzi we Hamisa Mobeto ku isabukuru ye
Wema Sepetu yabwiye amagambo aryoshye mugenzi we Hamisa Mobeto ku isabukuru ye
Hamisa Mobeto umukobwa w’umunyamideli ukomoka muri Tanzanie yujuje imyaka makumyabiri n’itanu y’amavuko maze mugenzi we w’umukobwa Wema Sepetu amwoherereza amagambo y’umutoma.
Tumblr media
Ibi byamamare byombi byagiranye urukundo n’umuhanzi Diamond Platnumz wo mu gihugu cya Tanzanie byongeyey guhurira ku isabukuru y’umwe muri byo maze byimara agahinda mu gutomorana, Hamisa Mobeto nawe ntabwo yicecekeye kuko…
View On WordPress
0 notes
umukunzimwiza · 6 years ago
Text
Bizimana Yannick yavuze ku ishimwe rya $107 nk'umukinnyi w'ukwezi k'Ugushyingo
Bizimana Yannick yavuze ku ishimwe rya $107 nk’umukinnyi w’ukwezi k’Ugushyingo
Umukinnyi ukina asatira mu ikipe ya Rayon Sport yagize icyo avuga nyuma yo guhitwamo nk’umukinnyi wahize abandi mu kwezi gushize mu muhango wabereye mu nzove ku kibuga cya Rayon Sport FC aho isanzwe ikorera imyitozo.
Tumblr media
Bizimana Yannick yahawe igihembo n’itsinda ry’abafana bibumbiye mu kitwa ‘March generation’  hamwe n’umuterankunga wa mukuru wa Rayon Sport FC, Skol Brewery Ltd Rwanda bamuhereza…
View On WordPress
0 notes
umukunzimwiza · 6 years ago
Text
Humble Jizzo n'umwana bakoze mu menyo y'intare bari kurya ubuzima muri Asia
Humble Jizzo n’umwana bakoze mu menyo y’intare bari kurya ubuzima muri Asia
Umuhanzi Humble Jizzo wo mu itsinda rya Urban Boy ari mubutembere n’umuryango we mu gihugu giherereye muri Asia cyitwa Cambodia aho bifotoranije n’igishushanyo cy’intare mu ifoto ibereye ijosho.
Umuhanzi Manzi James yabimenyesheje anyuze ku rukuta rwe rwa Instagram maze asangiza abamukurikira ifoto iherekeshe ubutumwa bw’amagambo aho avuga icyo atekereza ku mukobwa we w’imfura ye Ariella muri…
View On WordPress
0 notes
umukunzimwiza · 6 years ago
Text
Itsinda rya Friends Ship rikomeje kwiyubaka mu nzira nshya
Itsinda rya Friends Ship rikomeje kwiyubaka mu nzira nshya
Itsinda rya Friends Ship ribarizwamo abahungu babiri aribo Bishop na Cedro Mirro rikomeje kwiyubaka mu nzira nshya, n’imihigo mishya muri 2020.
Itsinda rya Friends Ship ni itsinda ribarizwamo abasore babiri baririmba injyana ikunzwe cyane muri ikigihe kubera ubutumwe iri gutanga mu rubyiruko no muri mbaga nyamwinshi muri iki kinyejana.
Aba basore bagize Itsinda rya Freinds Ship ngo kuba…
View On WordPress
0 notes
umukunzimwiza · 6 years ago
Text
Ubu ni ubutumwa Diamond Platnumz yahaye umwana we wujuje imyaka 3
Ubu ni ubutumwa Diamond Platnumz yahaye umwana we wujuje imyaka 3
Umuhanzi Diamond Platnumz wo muri Tanzanie yahaye ubutumwa umwana we Prince Nillah wujuje imyaka itatu ku wa 6 ukuboza 2019 maze amwifuriza kuba umugabo w’agaciro n’ishema.
Tumblr media
Prince Nillah ubusanzwe witwa Riaz Nasibu Abdul ni umwana w’imfura Diamond Platnumz yabyaranye na Zari none papa we utarabonetse mu birori byari bitegetswe kwambarwamo gusa ibara ry’umweru yamuhaye ubutumwa amwifuriza ibyiza…
View On WordPress
0 notes
umukunzimwiza · 6 years ago
Text
Isabukuru y'umwana wa Zari yizihirwe mu ibara ry'umweru gusa yarimo ibyamamare: Amafoto
Isabukuru y’umwana wa Zari yizihirwe mu ibara ry’umweru gusa yarimo ibyamamare: Amafoto
Ku wa 6 ukuboza 2019 umwana wa Zari yabyaranye n’icyamamare Diamond Platnumz yari yuzuje imyaka itatu maze ibirori bye byambarwamo imyenda y’umweru gusa inazamo n’ibyamamare bivuye mu bice bitandukanye.
Tumblr media
Nibyo mu mafoto yashyizwe hanze kandi yafashwe ku munsi Prince Nillah witwa mu mazina ye nyakuri Riaz Nasibu Abdul  yizihijeho isabukuru y’amavuko harimo ibyamamare bitandukanye ndetse n’umugabo…
View On WordPress
0 notes
umukunzimwiza · 6 years ago
Text
Minisitiri Tommy yakabakabye ikibuno cy'umunyakurukazi bituma aseba mu baturage: Video
Minisitiri Tommy yakabakabye ikibuno cy’umunyakurukazi bituma aseba mu baturage: Video
Minisitiri w’urubyiruko Tommy Callaway muri Georgia yahawe urwamenyo n’abaturage nyuma yo gukababakaba ikibuno cy’umunyamakurukazi wari mu kazi nubwo nyuma yaje gusaba imbabazi kubera igitutu yakomeje kotswa.
Hari mu gikorwa cyakorwaga n’abaturage cya siporo rusange maze Tommy Callaway akabakaba ikibuno cy’umunyamakurukazi warimo atambutsa iyo siporo rusange kuri Television maze amashusho ahita…
View On WordPress
0 notes
umukunzimwiza · 6 years ago
Text
Umukinnyi wa filimi Cuba Gooding tanywe mu rukiko azira gusoma abagore 22 ku ngufu
Umukinnyi wa filimi Cuba Gooding tanywe mu rukiko azira gusoma abagore 22 ku ngufu
Umwanditsi akaba n’umukinnyi wa Filimi wo muri Leta Zunze ubumwe za Amerika Cuba Gooding arashinjwa n’abagore bagera kuri 22 bamuziza kubitwaraho nabi agashaka kubasoma ku ngufu.
Cuba ari kuzuza abantu 22 avuye kuri 19 bagiye bamushinja mu bihe bitandukanye none ubu hagaragaye n’abandi batatu buzura umubare w’abagore barenga makumyabiri bahita bamujyana mu nkiko aho bamurega gukabakaba gu ngufi,…
View On WordPress
0 notes
umukunzimwiza · 6 years ago
Text
Ku nshuro ya 3 kamonyi harakinwa Ruyenzi Volleyball Tournament
Ku nshuro ya 3 kamonyi harakinwa Ruyenzi Volleyball Tournament
Ku nshuro ya Gatatu mu Karere ka kamonyi Ku wa gatandatu harakinwa irushanwa ngarukamwaka rya Ruyenzi Volleyball Tournament.
Biteganyijwe ko imikino y’irushanwa rya Ruyenzi Volleyball Tournament izabera ku bibuga bitandukanye bya RUYENZI na THE LYS HOUSE guhera saa tatu za mugitondo kuwa. Tubibutse ko irushanwa rya Ruyenzi Volleyball Tournament rigiye kuba ku nshuro ya Gatatu. Rizaba ryiganjemo…
View On WordPress
0 notes
umukunzimwiza · 6 years ago
Text
Kuki Christiano Ronaldo yicuza kuba yaravuye muri Real Madrid akajya muri Juventus
Kuki Christiano Ronaldo yicuza kuba yaravuye muri Real Madrid akajya muri Juventus
Rutahizamu w’ikipe ya Juventus yo mu Butaliyani akaba na kapiteni w’ikipe y’igihugu ya Portugal Christiano aricuza kuba yaravuye mu ikipe ya Real Madrid akerekeza mu ikipe avuga ko yamubujije amahirwe menshi arimo kwigira kuri Lionel messi.
Tumblr media
Christiano Ronaldo aravuga ko iyo aza kuba yaragumye mu ikipe yo muri Espagne yitwa Real Madrid aba akibona amahirwe menshi yo kwegukana Ballon d’Or, ibi…
View On WordPress
0 notes
umukunzimwiza · 6 years ago
Text
Meddy yohereje abashinzwe umutekano kwakira Rayvanny wamusuye i Kigali
Meddy yohereje abashinzwe umutekano kwakira Rayvanny wamusuye i Kigali
Umuhanzi Rayvanny ari mu mugi wa Kigali aho yaje kureba mugenzi we Ngabo Medard (Meddy) ku mpamvu z’umushinga w’indirimbo aba bahanzi bateganya kuzashyira hanze mu minsi iri mbere ikaba irimo gukorerwa mu Rwanda.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa mbere ku wa 9 ukuboza 2019 nibwo Rayvanny yasesekaye ku kibuga cy’indege i Kanombe maze yakirwa n’abashinzwe umutekano Meddy yohereje nyuma basanga Meddy mu…
View On WordPress
0 notes