We are the best Rwandan Intertainment Website Please Follow us to be updated for all entertainment news
Don't wanna be here? Send us removal request.
Text
Rayon Sports yamaze kuvugurura urutonde rw’abakinnyi izakoresha mu marushanwa ya CAF hagaragaramo amasura mashya.
Rayon Sports yamaze kuvugurura urutonde rw’abakinnyi izakoresha mu marushanwa ya CAF hagaragaramo amasura mashya.

COMMENTS
Kuri uyu wa Gatandatu ni wo wari umunsi wa nyuma wo kwemeza abakinnyi bazakina amarushanwa ya CAF mu mwaka utaha w’imikino ku makipe azahagarira ibihugu haba muri Champions League ihuza ayabaye aya mbere iwayo na Confederation Cup ihuza ayatwaye ibikombe by’igihugu.

Abanya-Mali babiri Mohamed N’Diaye na Oumar Sidibe bongewe ku rutonde Rayon Sports izakoresha mu marushanwa ya CAF…
View On WordPress
1 note
·
View note
Text
Leta zunze ubumwe z'Amerika na Canada byatangiye kwibasirwa n'ubushyuhe bukabije ndetse nkuko bitangazwa n'abakora mu iteganyagihe bikaba bitezwe ko ubu bushyuhe bugomba kugenda bwiyongera.
Leta zunze ubumwe z’Amerika na Canada byatangiye kwibasirwa n’ubushyuhe bukabije ndetse nkuko bitangazwa n’abakora mu iteganyagihe bikaba bitezwe ko ubu bushyuhe bugomba kugenda bwiyongera.

Leta zunze ubumwe z’Amerika na Canada byatangiye kwibasirwa n’ubushyuhe bukabije ndetse nkuko bitangazwa n’abakora mu iteganyagihe bikaba bitezwe ko ubu bushyuhe bugomba kugenda bwiyongera.

Ubu bushyuhe bushobora kwibasira abantu bagera hafi kuri miliyoni 200 bo mu mijyi nka New York, Washington na Boston, ndetse n’abo mu turere twa East Coast na Midwest aho mu bice bimwe, ubushyuhe bushobora…
View On WordPress
0 notes
Text
Masamba mu gitaramo cy’Iwacu Muzika Festival cyabereye mu Karere ka Ngoma ASERUKANA UMWENDA WINGABO
Masamba mu gitaramo cy’Iwacu Muzika Festival cyabereye mu Karere ka Ngoma ASERUKANA UMWENDA WINGABO
Byari bishyushye mu gitaramo cy’Iwacu Muzika Festival cyabereye mu Karere ka Ngoma
Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 20 Nyakanga 2019, ibitaramo nserukiramuco nyarwanda byahawe izina ry’Iwacu Muzika Festival bizenguruka igihugu cyose byakomereje mu Karere ka Ngoma ku kibuga cy’umupira cya Diyoseze Gatorika ya Kibungo aho abahanzi batandukanye basusurukije imbaga y’abafana b’umuziki bari…
View On WordPress
0 notes
Text
Strawberry wabwiye Sarpong ko azahura n’umukobwa uzamuca igitsina yiyemeje gutera gapapu Tanasha ahishura urukundo rw’ibanga afitanye na Diamond[FROM UMURYANGO
Umunyarwandakazi umaze kumenyekana kumbugankoranyambaga nka RWANDAN STRAWEBERRY akaba anafite indirimbo yitwa MUTIMA, aho avuga ko ateganya no gushyira hanze amashusho yayo hanze ari nako zimwe mu ndirimbo ze zindi kuri ubu ziri…
View On WordPress
0 notes
Text
Melodja waririmbye Love and Hate ubu Yakoranye Indirimbo na Mr Kagame "I am SORRY"[Inkuru hano]
Melodja waririmbye Love and Hate ubu Yakoranye Indirimbo na Mr Kagame “I am SORRY”[Inkuru hano]

Umuhanzi akaba n’umwanditsi w’indirimbo witwa Ishimwe Protais wiyise izina ry’ubuhanzi rya Melodja yatangiye umuziki 2012 aririmba indirimbo z’abandi bahanzi mu bitaramo kuri ubu afire indirimbo nshyashya yitwa I am sorry afatanyije n’umuhanzi wamenyekanye Ku izina rya Mr Kagame.

Uyu musore ubwo yaganiraga na Rwanda All Stars twamubajije impamvu yahisemo gukorana indirimbo I am sorry na Mr…
View On WordPress
0 notes
Text
Photo Shoot at MERANEZA nyamirambo
Photo Shoot at MERANEZA nyamirambo
Photo Shoot at MERANEZA nyamirambo🔥🔥🇷🇼📷📷
Umuntu wese ushaka amafoto meza guhera saa14h00 muri MERANEZA I NYAMIRAMBO ntucikwe🔥🔥 ni👉 kuwa3 tariki24/07
Injira muri GRP umenye amakuru 👇👇 https://chat.whatsapp.com/ITtqPCBhpWe0ruitsS5tTh

View On WordPress
0 notes
Text
Bright bigger nyuma yo gukorana indirimbo na Masengesho Theo agiye gukomereza umuziki muri Kenya

Umuhanzi Bright Bigger a.k.a Heavy Boy kuri ubu uri kubarizwa mu gihugu cya Kenya yatangarije Rwanda All Stars ko adatanye na muzika nubwo yagiye mukandi kazi

Bright Bigger umuhanzi uvuka mu karere ka Gakenke mu Minsi ishize nibwo yakoranye indirimbo na Masengesho Theo yitwa Fille Mere. Uyu muhanzi ukora injyana ya afro-beat nyuma yuko agera muri Kenya yaganiye na Rwanda All Stars atubwira ko…
View On WordPress
0 notes
Text
Producer Pazzo J nexus agiye gushyira hanze amashusho y'Indirimbo nshya
Producer Pazzo J nexus agiye gushyira hanze amashusho y’Indirimbo nshya

Producer Pazzo J Nexus usanzwe ukorera indirimbo abahanzi mu nzu itunganya umuziki iherereye I Nyamirambo Rwarutabura yitwa GoodKind Records kurubu agiye gushyira hanze amashusho y’indirimbo ye nshya yitwa Icyo ni nyuma yuko yaherukaga gushyira hanze audio y’indirimbo yitwa Turakundana

Rwanda All Stars twageze aho uyu musore yarari gufatira amashusho yiyi ndirimbo atubwira byinshi kubijyanye…
View On WordPress
0 notes
Text
Gospel: Ndabikunda cyane ubu mfite n'Indirimbo NSHYA/Ikiganiro na Assumpta Muganwa
Gospel: Ndabikunda cyane ubu mfite n’Indirimbo NSHYA/Ikiganiro na Assumpta Muganwa

Assumpta Muganwa Umuhanzikazi akaba umuririmbyi uririmba indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana mu kiganiro yagiranye na Rwanda All Stars yatubwiye byinshi Ku rugendo rwe mu muziki wa gospel

Yagize ati kuririmbira Imana ndabikunda cyane niyo mpamvu ntacika intege.uyu umuhanzikazi yamenyekanye cyane Ku indirimbo yitwa Satura ijuru
Assumpta Muganwa aganira na Rwanda All Stars twamubajije…
View On WordPress
0 notes
Photo

Cecile kayirebwa ntakitabiriye igitaramo cya Iwacu Music Festival[Reba Hano] Ubuyobozi bwa East African Promoters (EAP) bwatangaje ko Cecile Kayirebwa atakitabiriye igitaramo cya Iwacu Muzika Festival kizaba kuwa 13 Nyakanga 2019 mu karere ka Huye bunatangaza ko Umuhanzikazi Clarisse Karasira na Orchestre Impala bongewe Ku rutonde rw'abazitabira icyo Gitaramo. Soma ibindi kuri iri tangazo.
0 notes
Photo

Umuhanzi Masengesho Theo nyuma yo gukora indirimbo Uramvunisha yafatanyije na Fifi Rox agiye gushyira indi ndirimbo hanze yise Njyenyine Masengesho Theo Nyuma yo gukora indirimbo Uramvunisha yakunzwe nabatari bake Masengesho yatangarije Rwanda All Stars ko afire indirimbo nshya izasohoka mu kwezi kwa 7.
1 note
·
View note